The bothers abahanzi bamaze kubaka izina mu rwanda!!!
Groupe yazamutse mu gihe gito myuma ikaza gutwara na Salax muzik award ,ni groupe igizwe na Ziggy 55,Victor na Daniel. Aba bahungu bo bayemeje kuriza abakobwa ,bakavugisha amangambure abasore ndetse n�abandi bantu benshi, kuko nyuma yo kuzamuka mu ndirmbo Ikirori,Bya bihe ndetse na Cecilia ,ubu nonehoho ngo baje baje kuko bari gutangaza ko album yabo igihe cyaba kigeze nabo bakayishyira ahagarara. Gusa ntibari batangaza italiki neza kuko bo mu bintu bibarushya ni akazi kabo kaburi munsi kuko kugirango Ziggy ave kuri RRA abone na Vicky wa Radio 10 bose bajye kureba Danny we ukora mu Ruhengeli usanga ari ikibazo . Ibi ntibibabuza gukora ibintu bazi kandi bakanerekana ko bashyize umwete bakanakomeza kwiharira umwanya usa nkuwo bamazeho igihe kuko iyo uvuze ikirori wumva amateka yabo kuko ntawe wutarakabyinnye keretse utarakamenye . Ubu iyi album yabo niza izaba izanye indi sura kuko niyo group izaba ibashije kwesa agahigo ko gukora launch.Icyo twagarukaho ni ugusubiza ibibazo byababazaga niba clip ya Byabihe yarasohotse. Iyi clip yarasohitse ikozwe na Producer Hubert wo muri TOP 5, ariko bamwe barimo kuyita clip y'umwaka. Congratulations kuri Brothers no kuri Hubert.